UMUYOBOZI W’AKARERE YAKIRIYE ABAKOZI B’IKIGO CY’IGIHUGU GISHINZWE IBARURISHAMIBARE BAJE MU IGENZURA KU ISHYIRWA MU BIKORWA RY'IMIHIGO YA 2026-2027
Uyu munsi tariki 20 Nyakanga 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, ari kumwe na Perezida w'Inama Njyanama y'Akarere, Bizimungu Jean Baptiste,…
UMUYOBOZI W’AKARERE YASABYE DASSO KURUSHAHO KUGIRA URUHARE MU GUKUMIRA NO KURWANYA IBYAHUNGABANYA UMUTEKANO
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline n'Umuhuzabikorwa w’Urwego rwunganira Uturere mu bijyanye…
KU BIRO BY’AKARERE HABEREYE INAMA ZISANZWE Z’AMAKOMISIYO Y’INAMA NJYANAMA Y'AKARERE
Uyu munsi tariki 15 Nyakanga 2026, ku biro by’Akarere habereye inama zisanzwe z’Amakomisiyo y’Inama Njyanama y’Akarere.
Inama ya Komisiyo y'imari…
UMUYOBOZI W’AKARERE YATANGIJE KU MUGARAGARO IBIZAMINI BYA LETA BISOZA AMASOMO Y’IMYAKA ITATU IBANZA Y’AMASHURI YISUMBUYE N’AMASHURI YISUMBUYE
Kuri uyu wa gatatu tariki 15 Nyakanga 2026, abanyeshuri basoje amasomo y'imyaka itatu ibanza y'Amashuri yisumbuye (icyiciro rusange) n'abarangije…
ABAPEREZIDA BA KOMITE Z'ABUNZI BAHAWE TELEFONE ZIGEZWEHO BIFASHISHA MU BWUNZI
Kuri uyu wa kabiri tariki 14 Nyakanga 2026, Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline, ari kumwe n'Umuhuzabikorwa wa Maison d'Accès à la Justice (MAJ) mu…
UMUYOBOZI W'AKARERE ARAKANGURIRA ABAGATUYE KWITABIRA GUKORESHA SISITEME YA MBAZA
Mu nama Umuyobozi w'Akarere, Mukamana Soline yagiranye n'abaturage b'Akagari ka Rukandanyuma, mu Murenge wa Rugengabali ku wa gatatu tariki 09…
NDASABA URUBYIRUKO GUFATIRA URUGERO KU ZARI INGABO ZA RPA ZABOHOYE IGIHUGU, ZIHAGARIKA JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994: UMUYOBOZI W’AKARERE
Mu kiganiro Umuyobozi w’Akarere, Mukamana Soline yagiranye n’abaturage bitabiriye ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 32 Umunsi Mukuru wo kwibohora mu…
AMAKURU YEREKEYE IBIKORWA BY'INGENZI BYAKOZWE MU KARERE MU CYUMWERU GISHIZE YATANGAJWE KU RUBUGA RWA MURANDASI RW'AKARERE
UKO IBIRORI BYO KWIZIHIZA KU NSHURO YA 32 UMUNSI MUKURU WO KWIBOHORA BYAGENZE MU KARERE KA BURERA
Kuri uyu wa gatandatu tariki 04 Nyakanga 2026, mu…
UKO IBIRORI BYO KWIZIHIZA KU NSHURO YA 32 UMUNSI MUKURU WO KWIBOHORA BYAGENZE MU KARERE KA BURERA
Kuri uyu wa gatandatu tariki 04 Nyakanga 2026, mu Mirenge igize Akarere ka Burera habereye ibirori byo kwizihiza ku nshuro ya 32 Umunsi Mukuru wo…
ABAGIZE URUGAGA RW’ABIKORERA MU KARERE KA BURERA BIBUTSE ABIKORERA BAZIZE JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994
Muri gahunda y’iminsi ijana yo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatusi mu Rwanda mu 1994, kuri uyu wa kane tariki 02 Nyakanga 2026, abagize…