Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

UBUREZI

Mu rwego rwo guteza imbere Uburezi hagamijwe Uburezi bufite ireme, Akarere ka Burera kongereye ibyumba by’amashuri hagamijwe kugabanya ubucucike mu mashuri.

Telefone:
0788384139

Email:
info@burera.gov.rw

Mu rwego rwo guteza imbere uburezi hagamijwe uburezi bufite ireme, Akarere ka Burera kongereye ibyumba by’amashuri hagamijwe kugabanya ubucucike mu mashuri. Mu bindi bikorwa harimo guhugura Abarezi bari mu mirimo mu rwego rwo kubongerera ubumenyi. Abakuze na bo bigishwa kwandika, gusoma no kubara.

Serivisi zitangwa n'iri shami harimo:

- Gusaba Uruhushya rwo gufungura Ikigo cy’Amashuri

- Gusaba guhindurirwa Ikigo cy’Ishuri

- Gusaba Akazi k’Ubwarimu

- Gusaba Inkunga y’Uburezi

- Ikemezo cyo kuba warize gusoma no kwandika

- Kwakira abakeneye Amakuru ku Ibarurishamibare ry'Uburezi